Amwe mu mabanga y’isi agoye gusobanurwa na buri umwe kubw’izindi nyungu zibiri inyuma

Amwe mu mabanga y’isi agoye gusobanurwa na buri umwe kubw’izindi nyungu zibiri inyuma Isi dutuye ifite amabanga akomeye afitwe n’abantu runaka kubw’inyungu zindi zikomeye z’abantu cyangwa

inyuma

zibiri

leta

za

kuyameneramo ngo ugire

umwe muri bo, aribyo

kubivuga cyangwa akabisobanura uko yishakiye kuko ukuri nyakuri kugoye gutahurwa.

Iby’itariki ya 11 Nzeri Ihanurwa ry’umuturirwa

iherereye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ubwo hari ku itariki ya 11 Nzeri 2001

n’abantu batandukanye

ko

ihamya

z’Amerika

wagabye igitero naho abandi bo bagahamya bashize amanga ko byakozwe

cy’Amerika.

Ubushakashatsi bwagiye

batandukanye bwagiye bugaragaza ko nkuko bivugwa

indege yabashije gusenya uyu

ko ari

ntaho bihuriye n’ukuri

byarakozwe n’igisasu cyangwa

gikomeye kitarajya ahagaraga.

Iyi tariki yaje kongera ihurirana n’igihe hagabwe igitero ku biro b’ikuru by’ingabo z’Amerika Pentagon . Kubera ibyago Leta zunze ubumwe z’Amerika yagiriye mu bihe bitandukanye ku itariki ya 11 Nzeri byatumye umubare bahamagariraho hasabwa

9(Nzeri) 11(itariki) maze biba 911.

Triangle de Bermudes Mpandeshatu ya Bermude cyangwa se izwi nanone nka

sekibi

ya

mpandeshatu

nyanja ya Atlantic hazwiho

bibashije kuhagera iyi mpandeshatu ikaba iherereye hagati ya Bermude, Floride ndetse na Porto Rico iki kirere ntikijya kigerwamo n’amato ndetse n’indege kuko iyo bihageze biburirwa irengero.

Iyicwa rya perezida John Frank Kennedy Hari mu mujyi wa Dallas mu mwaka wa 1963 nibwo hasakaye inkuru hirya no hino ku

perezida wa 35 wa leta zunze ubumwe z’Amerika John Frank Kennedy yishwe.

Lee Harvey Oswald nyuma y’iminsi ibiri gusa yahise atabwa muri yombi ashinjwa

Kennedy gusa abandi bashinja umutwe wa aba Mafia kuba ariwo wateguye uyu mugambi ndetse uwushyira mu ngiro ndetse abandi bagahamya ko byagizwemo uruhare na CIA.

Ubutaka buzwi nka Zone 51 Ubutaka buzwi nka Zone 51

buriho ibirindiro by’ingabo z’Amerika mu butayu bwa Nevada aho hatemerewe kugerwa n’uwari we wese kubera ibintu by’ibanga rikomeye bikorerwayo harimo nk’icurwa ry’intwaro za kirimbuzi z’ingabo z’Amerika bakaba birinda ko

ikoranabuhanga bakoresha.

Iby’umuryango wa Illuminati Nkuko bivugwa, Illuminati ni itsinda ry’abanyabwenge b’ibitangaza bakwirakwiza

gukwirakwiza amatwara yabo

ndetse no kuyigarurira.

Bivugwa ko Illuminati yaje gushingwa mu kinyejana cya

cy’Ubudage

gihugu

mu

18

gushinga umuryango

ndetse n’abanyembaraga. Gusa iri tsinda ryaje kujya kuvumburwa ndetse rijya ahagaragara bishingiye ko rikorana n’imbaraga z’umwijima.

bimenyetso bigaragazwa na bamwe mu

Bimwe mu

bavugwa ko bari muri

kugaragaza ikimenyetso

eshatu, ijisho rimwe ndetse n’umubare 666.

ukaba

muryango

Uyu

ibyamamare bitandukanye

umwuga w’ubuhanzi

z’Amerika ndetse bikavugwa

badashobora

muryango

babigerageje babarwanya

abandi bakicwa.

Gukandagira bwa mbere ku kwezi Hari ku itariki ya 16 Nyakanga mu mwaka w’i 1969 nibwo byatangajwe ko Abanyamerika ba mbere aribo Neil Armstrong ndetse na Buzz Aldrin bakandagiye bwa mbere ku Ukwezi baturutse ku isi.

Gusa ibi byafashwe nka kimwe mu binyoma bikomeye iyi isi yagize bamwe babigereranya nk’ikinamico kuko naho bihuriye n’ukuri.

Aho hafashwe ifoto ya

iruhande rwe hari idarapo

iri

gusa

z’Amerika

nk’ikimenyetso cy’uko

ryagaragaraga nkaho riri gusunikwa n’umuyaga kandi kuri uyu mubumbe nta muyaga uharangwa.

Hari bamwe bahamya ko ari mu gace kamwe ka gize leta Amerika hafatiwe aya mashusho ndetse hakomoka n’ikinyoma cyasakaye isi.

Comments

Popular Posts