Amwe mu mabanga y’isi agoye gusobanurwa na buri umwe kubw’izindi nyungu zibiri inyuma
Amwe mu mabanga y’isi agoye gusobanurwa na buri umwe kubw’izindi nyungu zibiri inyuma Isi dutuye ifite amabanga akomeye afitwe n’abantu runaka kubw’inyungu zindi zikomeye z’abantu cyangwa
inyuma
zibiri
leta
za
kuyameneramo ngo ugire
umwe muri bo, aribyo
kubivuga cyangwa akabisobanura uko yishakiye kuko ukuri nyakuri kugoye gutahurwa.
Iby’itariki ya 11 Nzeri Ihanurwa ry’umuturirwa
iherereye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ubwo hari ku itariki ya 11 Nzeri 2001
n’abantu batandukanye
ko
ihamya
z’Amerika
wagabye igitero naho abandi bo bagahamya bashize amanga ko byakozwe
cy’Amerika.
Ubushakashatsi bwagiye
batandukanye bwagiye bugaragaza ko nkuko bivugwa
indege yabashije gusenya uyu
ko ari
ntaho bihuriye n’ukuri
byarakozwe n’igisasu cyangwa
gikomeye kitarajya ahagaraga.
Iyi tariki yaje kongera ihurirana n’igihe hagabwe igitero ku biro b’ikuru by’ingabo z’Amerika Pentagon . Kubera ibyago Leta zunze ubumwe z’Amerika yagiriye mu bihe bitandukanye ku itariki ya 11 Nzeri byatumye umubare bahamagariraho hasabwa
9(Nzeri) 11(itariki) maze biba 911.
Triangle de Bermudes Mpandeshatu ya Bermude cyangwa se izwi nanone nka
sekibi
ya
mpandeshatu
nyanja ya Atlantic hazwiho
bibashije kuhagera iyi mpandeshatu ikaba iherereye hagati ya Bermude, Floride ndetse na Porto Rico iki kirere ntikijya kigerwamo n’amato ndetse n’indege kuko iyo bihageze biburirwa irengero.
Iyicwa rya perezida John Frank Kennedy Hari mu mujyi wa Dallas mu mwaka wa 1963 nibwo hasakaye inkuru hirya no hino ku
perezida wa 35 wa leta zunze ubumwe z’Amerika John Frank Kennedy yishwe.
Lee Harvey Oswald nyuma y’iminsi ibiri gusa yahise atabwa muri yombi ashinjwa
Kennedy gusa abandi bashinja umutwe wa aba Mafia kuba ariwo wateguye uyu mugambi ndetse uwushyira mu ngiro ndetse abandi bagahamya ko byagizwemo uruhare na CIA.
Ubutaka buzwi nka Zone 51 Ubutaka buzwi nka Zone 51
buriho ibirindiro by’ingabo z’Amerika mu butayu bwa Nevada aho hatemerewe kugerwa n’uwari we wese kubera ibintu by’ibanga rikomeye bikorerwayo harimo nk’icurwa ry’intwaro za kirimbuzi z’ingabo z’Amerika bakaba birinda ko
ikoranabuhanga bakoresha.
Iby’umuryango wa Illuminati Nkuko bivugwa, Illuminati ni itsinda ry’abanyabwenge b’ibitangaza bakwirakwiza
gukwirakwiza amatwara yabo
ndetse no kuyigarurira.
Bivugwa ko Illuminati yaje gushingwa mu kinyejana cya
cy’Ubudage
gihugu
mu
18
gushinga umuryango
ndetse n’abanyembaraga. Gusa iri tsinda ryaje kujya kuvumburwa ndetse rijya ahagaragara bishingiye ko rikorana n’imbaraga z’umwijima.
bimenyetso bigaragazwa na bamwe mu
Bimwe mu
bavugwa ko bari muri
kugaragaza ikimenyetso
eshatu, ijisho rimwe ndetse n’umubare 666.
ukaba
muryango
Uyu
ibyamamare bitandukanye
umwuga w’ubuhanzi
z’Amerika ndetse bikavugwa
badashobora
muryango
babigerageje babarwanya
abandi bakicwa.
Gukandagira bwa mbere ku kwezi Hari ku itariki ya 16 Nyakanga mu mwaka w’i 1969 nibwo byatangajwe ko Abanyamerika ba mbere aribo Neil Armstrong ndetse na Buzz Aldrin bakandagiye bwa mbere ku Ukwezi baturutse ku isi.
Gusa ibi byafashwe nka kimwe mu binyoma bikomeye iyi isi yagize bamwe babigereranya nk’ikinamico kuko naho bihuriye n’ukuri.
Aho hafashwe ifoto ya
iruhande rwe hari idarapo
iri
gusa
z’Amerika
nk’ikimenyetso cy’uko
ryagaragaraga nkaho riri gusunikwa n’umuyaga kandi kuri uyu mubumbe nta muyaga uharangwa.
Hari bamwe bahamya ko ari mu gace kamwe ka gize leta Amerika hafatiwe aya mashusho ndetse hakomoka n’ikinyoma cyasakaye isi.
Comments
Post a Comment